Kumenya gukina igisoro
Igisoro gikoze mu kibaho, gifite imirongo ine y’imyobo umunani buri wose. Hari ibisoro bimwe umuntu ashobora kuzinga, kugira ngo abibike neza no kubitwara aho ushaka byoroshye, no kugirango inka 64 zidatakara . Izo nka ziba zikoze akenshi mutubuye cyangwa utubuto.
Iyo umukino utangiye buri mukinnyi atangirana inka 32. Mumukino buri mukinnyi aba agomba kugerageza kurya inka z’undi kugeza azimaze.
Igice cy’umuntu n’inzira anyuramo
Buri mukinnyi afata igice cye k’imyobo 16. Le camp de chaque joueur est constitué par les deux rangées qui se trouvent de son côté. Umukino ukinwa werekeza ahanyuranye n’amerkezo y’agashinge k’isaha.
![]() |
Imyobo y’imirongo yombi yo hagati ifite inka enye buri wose. Abakinnyi bunvikana uratangira mugukina . Umukinyi utsinze umukino niwe utangira ukurikira. |
Aho inka zica
Ikitonderwa : Kubisobanuro bikurikira, turereba ibyerekeye igice cy’umukinnyi B.
Iyo akinnye, umukinnyi afata inka zose z’umwobo uri mu gice cye. Nyuma akina muri cya kerekezo twavuze, agenda ashyira inka imwe muri buri mwobo ukurikira ahuye nawo. Umukinnyi akina mu gice cye gusa.
|
|
Umukinnyi B afata izi nka 3 |
|
|
Umukinnyi B agenda ashyira inka imwe imwe muri buri mwobo ukurikira ahuye nawo | |
Aha tugeze, umukinnyi B :
| A. Yarangije gukina | |
| B. Ari gukomeza gukina. | |
| C. Ari gukomeza gukina arya inka. |
A. Yarangije gukina
Ubwobo yarangirijemo wari urimo ubusa. Niba yarangije gukina umwobo urimo inka imwe. Umukino we urarangiye.
|
|
Uko bimeze atarakina. |
![]() Umukinnyi B |
Umukinnyi B arakinnye, arangiriza mu mwobo wanyuma urimo ubusa. Umukino we urarangiye. |
B. Ari gukomeza gukina
Mumwobo wanyuma harimo nibura inka 1. Ubwo rero, mumwobo harimo nibura inka 2.
Rero, gukina birakomeza, kereka niba ararya (ibyo turaz kubireba uko bigenda).
Mugukomeza gukina, umukinnyi B arongera afate inka zose ziri mu mwobo wanyuma aze yongere akine. Umwobo rero wanyuma wabaye umwobo wo gutangira . Ibi bishobora gusubiramo inshuro nyinshi igihe kirekire.
|
|
Uko bimeze mbere yo gukina. |
|
|
Umukinnyi B afashe inka 3. Inka ya nyuma igeze mumwobo wari ufite inka 3. |
|
|
Umwobo wa nyuma ubaye uwa mbere wo kwongera gukina. |
C. Ari gukomeza gukina arya inka
Umwobo wanyuma wari ufite nibura inka 1 . Nyuma rero mumwobo harimo inka 2.
Niba umwobo wa nyuma uri mumurongo wo hagati kandi imyobo yombi iri yawo mu gice c’undi mukinnyi irimo nibura inka 1 buri wose, Umukinnyi B arafata inka zose ziri muri iyo byobo nabishaka.
Nyuma arongera akine bisanzwe aturutse mu mwobo ukurikira uwo yatangiriyemo afata inka.
Bamwe bavuga ko kurya ari itegeko abandi ko umuntu arya iyo ashatse, icyangombwa ni ukubyunvikanaho.
![]() |
Uko bimeze mbere yo gutangira. |
![]() |
Umukinnyi B akinnye inka 3. Inka yanyuma iguye mu mwowbo urimo nibura inka 1. Imyobo yombi iri mugice cy’undi mikinnyi irimo nibura inka imwe buro wose. |
![]() |
Umukinnyi B ariye inka z’undi mikinnyi azikina mu gice cye, à partir de la cavité d’origine du déplacement. |
![]() |
Ubu buryo butatu bushobora kugaruka mu gihe inka yanyuma iguye mu mwobo wanyuma. |
Guteba
![]() |
Inzira yo kwerekeza ni imwe, kereka niba umwobo wanyuma ari umwe muri iyi myobo izungurutseho umuhondo. Icyo gihe umuntu ashobora kurya asubira inyuma. Nyuma niba atongeye kurya, arongera akine bisanzwe aturutse kuri uwo mwobo. |













